Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 26/04/2019 saa yine (10h00) za mu gitondo ndetse na saa tanu n’igice n’igice (11h30) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya HARERIMANA Claude na MUJAWAMARIYA Julienne igizwe n’ikibanza kirimo ishyamba ndetse n’ikindi kibanza yose iherereye mu Kagali ka Kagasa Umurenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro ngo harangizwe urubanza rw’ubutane.
Cyamunara ikazabera aho imitungo iherereye. Ku bisobanuro birambuye mwasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri nomero 0788420923/0782710883/0728420923