Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa kane taliki ya 25/4/2019 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wanditse ku mazina ya Ahinkuye Bertin na Musabyimana Laurence iherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Ndera, Akagali ka Masoro, Umudugudu wa Mubuga ngo harangizwe urubanza Mukamwiza Frorence yatsinzemo Ahinkuye Bertin.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0788734008