Comments

Gatera 30 April 2019

Ntabwo Imana yaduhaye SEX ngo tuyitandike nk’inyanya,tuyiha umuhisi n’umugenzi.Tugomba kuyibikira umuntu umwe tuzabana ubuzima bwose.Ikibazo nuko Ubusambanyi bukorwa na Millions and millions kandi Imana ibitubuza.Uyu ejo azasaza hekugira uwongera kumureba.Ikindi kandi,tujye twibuka ko UBUKIRE butatubuza kurwara,gusaza no gupfa.Niyo mpamvu niba dushaka Ubuzima bw’iteka muli Paradis,Yesu yadusabye "gushaka mbere na mbere ubwami bw’imana" nkuko Matayo 6:33 havuga,aho kwibera mu byisi gusa.Abantu bumvira iyo nama Yesu yasize aduhaye,azabazura ku Munsi w’Imperuka,abahe ubuzima bw’iteka nkuko yabyivugiye muli Yohana 6:40.Ntimukishinge bariya bavuga ngo iyo dupfuye tuba twitabye imana.Ntabwo bihuye n’ibyo Bible yigisha.Ikizere cyonyine cy’umuntu upfuye cyo kuzongera kubaho,nta kindi uretse umuzuko wo ku munsi w’imperuka ubikiwe abapfuye bumvira imana kandi batibera mu byisi gusa.


Charles 30 April 2019

Nta kintu kibabaza nko kuvuka usanga umubyeyi wawe akora uburaya, 1 na 1 akabikorera mu maso yawe. Bitera agahinda no kumva ubuzima ntacyo buvuze kabone nubwo mwaba muri abaherwe ka 100.

Ni igikomere gikaze ku bana ba Zari na Semwaga, kuko bari gukura baca akenge, imyitwarire y’umubyeyi wabo n’ amateka y’ ibyababayeho, ishobora kuzabatera umwiryane, cyane hagati yabo ubwabo n’ abana ba Diamond.

Uyu mubyeyi yagombye gukura cyane mu mutwe, itoto agiterwa n’amavuta yisiga ntirikomeze kumushuka NGO yibagirwe imibereho myiza, ubumwe n’ urukundo mu bana yabyaye


Charles 30 April 2019

Nta kindi gushidikanya ngibyo, nkunze ko noneho anavuze ukuri!!!
Semwaga ashobora kuba yari yarahuye n’ uruva gusenya ndetse bikagera naho bimurenga; erega bavandi baravuga ngo: * Ntakabura imvano*.

Ibi birashumangira ko kuba Zari yaracaga inyuma Diamond akaryamana n’ 1 mu bagize P-Square n’abandi... ko byaba aribyo. Biteye agahinda!