Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 07/5/2019 saa tanu z’amanywa (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu yo guturamo uherereye mu mudugudu wa Kirehe, Akagali ka Nyakagunga, Umurenge wa Fumbwe Akarere ka Rwamagana ngo harangizwe urubanza Habaruremea Jean Claude yaburanye na Nzabarantuma Evariste na Mukarugwuiza Clementine aho ikiburanwa cyari umwenda.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788357831