Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu taliki ya 8 Gicurasi 2019 ,ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwijwe ifoto y’umusore utamenyekanye ufite inkomoko mu gihugu cy’Uburundi.
Umuntu witwa Waseme wasakaje iyi foto yavuze ko uyu mugabo yari umunyamwaro utuye I Nyakararo ho mu gihugu cy’Uburundi.
Ngo mbere yuko uyu musore yiyahura yari yabanje ku betinga amafaranga menshi atatangajwe kuri uyu mukino wahuje Liverpool na Fc Barcelona gusa ngo biza kurangira ariwe.
Yiyahuye nyuma yuko ikipe afana itsinzwe ibitego 4-0
Uyu mutangabuhamya akomeza avuga ko mu magambo yanyuma yabwiye abantu barebanaga uyu mukino ngo yavuze ko uyu ariwo mukino wa nyuma wa Fc Barcelona arebye niko gutaha ngo abaturanyi be baje gutungurwa no kumusanga yiyahuye munsi y’igiti cy’isipure.
Ariko Mwebwe Muratanga Amakuru Mutazi Ntanisoni Uyo Vyavuye Kumukobwa Bakunandana Yamuhevye
Ariko Mwebwe Muratanga Amakuru Mutazi Ntanisoni Uyo Vyavuye Kumukobwa Bakunandana Yamuhevye
Dore umuntu wumugabo uhigura. umuhigo. ureke Gakumba wumuteka mutwe !!!!