Uyu mupolisikazi w’imyaka 30 usanzwe ari umufana uzwi cyane w’ikipe ya Bandari FC,yavuze ko yakundaga gufana iyi kipe cyane ndetse ari umufana uzwi na benshi mbere y’uko yinjira mu gipolisi.
Yagize ati “Nakunze ruhago mbere y’uko ninjira mu gipolisi.Nkiri umukobwa muto nakundaga gukina umupira n’abahungu bo mu gace k’iwacu.
Uyu mupolisikazi yabwiye abanyamakuru ko kubera ubwiza bwe,abasore bamwirukaho bashaka kumutereta ariko benshi baba batazi ko ari umupolisikazi.
Afande Cele yavuze ko yifuzaga kuba umukinnyi ukomeye wa ruhago ariko bitamukundiye kubera ko yahise yinjira mu gipolisi cya Kenya gusa ngo aracyari umufana ukomeye wa Bandari FC.
Ibi byitwa "gushurashura" (sexual immorality).Twibuke ko gukorakora umukobwa cyangwa undi muntu mudahuje sex bihanwa n’amategeko.Nta handi biba biganisha Atari ku busambanyi kandi Imana ibitubuza.Tugomba guhunga ibintu bitujyana mu gusambana,niba turi abakristu nyakuri.Tukamenya ko Imana ari Umuremyi wacu,waduhaye ubuzima.Kuki twayitura gukora ibyo itubuza?Niyo mpamvu yaduhaye Bible ngo ituyobore,aho kwikorera ibyo dushatse.Abanga kuyumvira,igihano nuko nayo itazabaha ubuzima bw’iteka.Bisobanura ko iyo bapfuye biba birangiye.