Print

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu murenge wa Gatenga Akarere ka Kicukiro

Yanditwe na: Ubwanditsi 13 May 2019 Yasuwe: 752

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 21/5/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya Bwana Sendanyoye Jena de Dieu na Umwiza Concessa iherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagali ka Gatenga, Umudugudu wa Gatenga ngo hashyirwe mu bikorwa umwanzuro w’abunzi b’Akagali ka Gatenga wo kuwa 05/11/2017 wategekaga Sendanyoye Jean de Dieu kwishyura umwenda abereyemo Mwerekande Amiel.

Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0788581602/0737805155.