Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 21/5/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya Muhakwa na Nyiraskmana Jeanette iherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kimihurura, Akagali ka Kimihurura, Umudugudu wa Rugarama kugira ngo hahirwe mu bikorwa icyemezo cy’urukiko Gacaca rw’Akagali ka Kimihururua ngo hishyurwe umwenda Bwana Muhakwa Joseph abereyemo Murenzi Jean.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0787889319/0728305997.