Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 21/5/2019 azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa igizwe n’inzu yo guturamo ndetse n’ikibanza biri mu Kagali ka Rusheshe, Umurenge wa Masaka Akarere ka Kicukiro ngo harangizwe urubanza rw’ubutane hagati ya Karidinali Alphonse na Nyanziza Jeanette.
Cyamunara ikazabera aho imitungo iherereye ku buryo bukurikira:
Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0788357831/0785109745