Print

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu Murenge wa Rilima Akarere ka Bugesera

Yanditwe na: Ubwanditsi 16 May 2019 Yasuwe: 102

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 21/5/2019 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Mukanyandwi na Nsengiyumva iherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Rilima, Akagali ka Kabeza, Umudugudu wa Bwiza ngo harangizwe urubanza rw’ubutane .

Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0788734008.