Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 21/5/2019 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Mukanyandwi na Nsengiyumva iherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Rilima, Akagali ka Kabeza, Umudugudu wa Bwiza ngo harangizwe urubanza rw’ubutane .
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0788734008.