Print

King Fiston uba muri Malawi uririmba nka Meddy afite intego yo kumurenga[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 19 May 2019 Yasuwe: 1540

King Fiston umuhanzi nyarwanda uri gusoza amashuri ye ya Kaminuza mu gihugu cya Malawi yashyize hanze indirimbo yise ’Kopinaje’,aho abantu bakomeje kumubwira ko ngo aririmba nk’umuhanzi Meddy ariko we akavuga ko intego ye ari ukurenga urwego uyu muhanzi bamugereranya ariho.

Akomeza ubwo yatugezagaho iyi ndirimb ye nshya yatubwiye ko nubwo ashyize hanze indrimbo imwe yarangije gukora Alubumu yose y’indirimbo zirindwi harimo n’izo yagiye akorera amashusho ariko atarashyira hanze.

King Fiston ubusanzwe ni umunyarwanda ukomoka mu karere ka Nyabihu mu ntara y’Uburengerazuba,ariko akenshi ngo iyo ari mu Rwanda aba yibereye i Kigali ahazwi nk’Inyamirambo.


Comments

28 October 2019

amamara papa wanjye tukurinyuma cyane pee and we love uuuuuuuuuu


27 May 2019

murakozecyane


27 May 2019

murakozecyane


22 May 2019

You are the one king fiston


M Diane 21 May 2019

Yego rwose turagushyigikiye kubwimpano yawe nziza Nyagasani agushyigikire


20 May 2019

Turagushyigikiye Urumuhanga Guy Nanjye Ndagufana Bijaze


King Fiston 20 May 2019

turagushyigikiye