Print

Jack Ma ukina Filimi z’urukozasoni yavuze impamvu itangaje yatumye yitezaho igitsina cy’ifarasi

Yanditwe na: Martin Munezero 26 May 2019 Yasuwe: 5127

Uyu mugabo wo muri Hong Kong niwe muntu wa mbere ku isi uteweho igitsina cy’ ifarashi. Manager w’ uyu mukinnyi witwa Xian Fue yavuze ko impamvu yateweho igitsina cy’ ifarashi ari uko kiba ari kinini, ngo kizamufasha mu kazi ke ko gukina filime z’ urukozasoni.

Ati “Abagore bo muri Asia bakunda ibitsina by’ abagabo b’ abirabura kuko abagabo b’ Abashinwa bagira ibitsina bito. Igitsina cy’ ifarashi kiba ari kinini kiruta icy’ abirabura”.

Jack “Matherfuker” Ma yabagiwe muri Kaminuza ya Hong Kong ninaho yatereweho igitsina cy’ ifarashi. Iki gikorwa cy’ injyana munyu cyamaze amasaha 18.

Zian Fue yabwiye World daily Report ko uyu mugabo Ma yateweho igitsina cy’ ifarashi kuko aribyo bihendutse, ngo ntabwo yari kubona igitsina cy’ umwirabura.

Ku mpungege z’ uko iki gitsina cy’ inyamaswa yateweho gishobora kuzagira ingaruka ku buzima bwe, Zian avuga ko nikigira ingaruka bazamusubizaho igitsina cye karemano.

Magingo umubare w’ abantu bibagisha ngo baterweho ingingo z’ inyamaswa ntabwo uri hejuru cyane, gusa Ishami ry’ Umuryango w’ Abibumbye ryita ku buzima rivuga ko mu mwaka 2050, abantu bibagisha ngo baterweho ingingo z’ inyamaswa bazaba ari benshi. Ngo nibuba umuntu umwe muri batanu azajya yibagisha.