Uyu muhanzikazi yabwiye iyi Spark TV mu kiganiro cyitwa “21 Questions” ko adakunda kuryamana n’abagabo benshi ndetse ngo mu buzima bwe amaze gusambana n’abagabo bari munsi ya batanu.
Yagize ati “Ikindaje ishinga n’akazi ko guha umuziki abafana banjye.Nababwira ko abagabo bari munsi ya batanu aribo tumaze kuryamana.Ntabwo kunda kuryamana na buri wese.”
Umuhanzikazi Spice Diana azwi mu ndirimbo nyinshi zirimo nka Jangu Ondabe na Bajikona.