Print

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe iri mu murenge wa Rilima Akarere ka Bugesera

Yanditwe na: Ubwanditsi 27 May 2019 Yasuwe: 215

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki ya 03/06/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) ateza cyamunara umutungo utimukanwa wa Mukanyandwi na Nsengiyumva uherereye mu Karere ka Bugesera, Umurenge wa Rilima, Akagali ka Kabeza, Umudugudu wa Bwiza kugira ngo harangizwe urubanza rw’ubutane.

Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0788734008.