Inzu y’ibi bikoresho yari igizwe n’ibibati n’imbaho, ikaba yari ihuriyemo abantu benshi. Umwe mu bari bahari avuga ko umuriro watangiye ahagana saa Moya.
Avuga ko watangirye ku musore wakoreraga ku ruhande acuruza indirimbo kuri CD, ku buryo bikekwa ko watewe n’amashanyarazi.
Ishami rya polisi rishinzwe kuzimya inkongi ryahise ritabara ubu umuriro bawucogoje.