Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 12/6/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa wa Murekatete Francoise uherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagali ka Nyanza, kugira ngo harangizwe urubanza nomero RC00001/2018/TB/KICU.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Ukeneye ibindi bisobanuro wahamagara kuri nomero 0788641410.
<img6972