Print

Umukobwa ufite imiterere idasanzwe y’ikibuno wahoze akundana na Davido yatigishije imbuga nkoranambaga kubera amafoto yashyize hanze[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 6 June 2019 Yasuwe: 7336

Umunyamidelikazi Faith Nketsi kuri ubu ukunzwe n’abagabo benshi kubera ubwiza bwe ndetse n’ikimero akaba yarigeze kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Davido kuri ubu yongeye kwigarurira imbuga nkoranyambaga n’amafoto yifotoje mu buryo budasanzwe.

Uyu mukobwa usanzwe akora akazi ko kwerekana imideli mu bihugu bitandukanye birimo Amerika abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yashyize hanze amafoto agaragaza yambaye umwenda umwegereye bamennyeho amazi aho bensi bemeje ko yashakaga gutera irari abantu b’igitsina gabo.

Mu bitekerezo bitandukanye bashyizwe kuri iyi foto benshi bemeje ko ibyo yakoze ari uburyo bwo gushaka uko yavugwa mu itangazamakuru kubera ko amaze igihe atavugwa mu gihe abandi bemeje ko ashaka kongera kwiyereka bamwe mu bagabo bakundanye ko ari mwiza bityo bigatuma bamugarukira.

Uyu mukobwa twakwibutsa ko yagiye avugwa mu rukundo n’abahanzi batandukanye barimo Davido aho uyu mukobwa yigeze kugaragara arimo gusomana n’uyu muhanzi ifoto yanavuzweho byinshi mu itangazamakuru ryo muri Nigeria.

REBA AMWE MU MAFOTO YASHYIZE HANZE YAVUGISHIJE BENSHI:



Comments

gakuba 6 June 2019

Abarwayi bo mu mutwe ibyo nibyo mereka. abagabo !!!!!sinzi iryacu uko rihana, bariya bambara ubusa bahena, kugasozi aliko nkirya Uganda ahanishwa igifungo kimyaka 10 uwerekana innyoye, kukarubanda icyo kirakwiye *