Print

Perezida Museveni yangiye Abuzukuru be kuza mu Rwanda mu ikipe ya Basketball

Yanditwe na: Ubwanditsi 10 June 2019 Yasuwe: 6861

Mu ikipe ya Uganda y’abakobwa n’abahungu ya Basketball yari igiye kuza mu Rwanda ku munsi w’ejo mu marushanwa ya Basketball y’abatarengeje imyaka 16 igiye kubera mu Rwanda, Abuzukuru batatu ba Perezida Museveni bari muri izi kipe bakuwe ku rutonde ku munota wa nyuma.

Harakekwa umubano mubi uri hagati y’ibihugu byombi muri iyi minsi.

Ibindi kuri aya makuru ni muri iyi nkuru:

Foto: Ikipe ya Uganda ya Basketball U16/Credit: Chimpreports


Comments

Kagire 11 June 2019

Ibyo ntabwo bitangaje urebye umwuka uri hagati yu Rwanda na Uganda. Ahubwo bahamagaze naba ambasaderi buri gihugu kirukane abaturage bikindi nimitungo yabo.


mazina 10 June 2019

Impamvu iyi si ari mbi,ni ukubera twebwe abantu.Turangana,turarwana,turicana,dukora amanyanga,turasambana,etc...Muli Yesaya 48:18,Imana itwereka ko "turamutse twumviye amategeko yayo twagira AMAHORO menshi".Nyumvira nawe kubuza abana kuza gukina n’abandi bana.Politics ifite uruhare runini mu gutuma Isi imera nabi.Niyo yatumye habaho ibihugu byinshi.Kera isi yari iguhugu kimwe,abantu bavuga ururimi rumwe nkuko Kuva/Exodus 11:1 havuga.Ibihugu byazanywe n’intambara.Kubera ko abantu bananiye Imana,nkuko Daniel 2:44 havuga,ku munsi w’imperuka Imana izakuraho ubutegetsi bw’abantu,ishyireho ubwayo,buzaba buyobowe na Yesu nkuko Ibyahishuwe 11:15 havuga.Kuli uwo munsi kandi Imana izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza.Hanyuma isi ibe Paradizo,ndetse Indwara n’urupfu biveho burundu nkuko Ibyahishuwe 21:4 havuga.