Isindwe rikomeye ry’aba bantu ryarabahemukiye cyane kuko hari umugore wari wasinze cyane wafotowe yahanutse ku musarani amanitse amaguru mu kirere,kimwe n’umusore waguye mu busitani yubamye.
Undi musore yananiwe kugenda agwa mu nzira yo muri hoteli,ishati n’inkweto byose yabikuyemo biri hafi ye.
Aya mafoto yatumye benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bandagaza aba bantu ndetse basaba abantu kunywa mu rugero.