Umukobwa w’umunya Gambia kazi ukora akazi ko gukina filime ni umwe mu bakobwa bavugisha benshi muri kiriya gihugu kubera imiterere ye yihariye dore ko benshi mu bamuzi bemeza ko ntamukobwa uteye nawe kubera uburyo afite munda benshi bita zeru.
Princess Shyngle umaze kuba icyamamare mu mwuga wo gukina filime muri Gambia ndetse na Nigeria kuri ubu ari guhatana mu bihembo byitwa Merit Award 2019 ,aho kuri ubu azaba ahatanye mu kiciro cy’ibyamamare muri kiriya gihugu.
Usibye gukora filime uyu mukobw azwiho kwitabira ibirori by’umuziki dore ko benshi bamuzi nanone bemeza ko ari umuririmbyi mwiza ndetse byakubitaniraho nuko ateye benshi bagahita bava mu byayo. Mu basore b’ibyamamare bakunze kugaragaza ko bakunda uyu mukobwa nubwo batajya bagira icyo babivugaho hariho umuhanzi 2 Face Idibia n’abandi.
Ikindi mu mafoto uyu mukobwa asakaza ku mbuga nkoranyambaga ukunze gusanga yerekana bimwe mu bice bye by’ibanga bikurura benshi dore ko atajya yambara imyenda itamwegereye igihe cyose aba ashaka yambaye imyenda imugaragaza uko ateye.
nongere byandike mubinyonge uyu ni garbege bigaragaza ko ubwanyu mutari mwabona abakobwa uyu ni fake rwose muzatembere murebe abakobwa aho mujye mutubaza tubabwire