Print

Umugore wamaze imyaka 30 ataratera akabariro yasambanye n’abagabo 18 umugabo we areba

Yanditwe na: Martin Munezero 4 July 2019 Yasuwe: 5907

Uyu mugore wo mu gihugu cya Australia witwa Louise, avuga ko yakuriye mu muryango ukomeye mu idini ry’ abagatolika ku buryo yifashe kugeza ashinze urugo.

Louise ahishura ko yasambanyijwe n’abagabo 18 mu ijoro rimwe, yabwiye ikinyamakuru The Sun ko amaze gushakana n’ umugabo yagiye arushaho kugira irari ry’ abagabo, akabiganirizaho umugabo we umugabo akamureka akajya gusambana, ahandi gusa akamusaba kutibagirwa agakingirizo.

Umunsi uyu mugore yabwiye umugabo we ko ashaka gusambana n’ abagabo benshi icyarimwe ngo yumve uko bimera nabyo umugabo arabimwemerera aranamuherekeza.

Louise ati “Maze gusambana n’ abagabo 10, ku ruhande mpabona abandi 8 bategereje numvise ndi guhinduka igihangange.”

Uyu mugore avuga ko kuba yararikiye abandi bagabo atabitewe n’ uko umugabo we atamunyura ngo ahubwo yumvaga muri ashaka kugira ubundi bunararibonye.

Louise ati “Umugabo wanjye nasanze ashimishwa no kubona aho ntera akabariro n’ abandi bagabo.”

Aussie Louise yabwiye itangazamakuru ko kuba yararyamanye n’ abagabo 18 ijoro rimwe akabyihanganira kandi akabishobora byamuhaye imbaraga zimubwira ko icyo ikiza cyose yakwiyemeza yakigeraho.


Comments

5 July 2019

Yegoko birarenze


gatare 5 July 2019

Abakora ubusambanyi baba bashaka "Kwishimisha".Ntabwo bazi ko baba buzuza UBUHANUZI bwa Bible buvuga ko mu minsi y’imperuka abantu bazakunda IBINEZEZA (Pleasures) aho gukunda Imana.Nubwo abantu nyamwinshi batabyemera,imana yashyizeho "umunsi w’imperuka" nkuko Ibyakozwe 17 umurongo wa 31 havuga.Kuli uwo munsi,izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza,isigaze gusa abantu bayumvira.Byisomere muli Imigani 2,imirongo ya 21 na 22.Kuli uwo munsi uteye ubwoba cyane nkuko bible ivuga muli Yoweli 2,umurongo wa 11,Imana izakuraho ubutegetsi bw’abantu nkuko Daniel 2,umurongo wa 44 havuga.Izaha ubutegetsi bw’isi yose Yesu nkuko tubisoma mu Ibyahishuwe 11,umurongo wa 15.Hanyuma Yesu ahindure isi yose paradizo.Ibibazo byose biveho burundu,harimo ubukene,ubusaza,indwara n’urupfu.Soma Ibyahishuwe 21 umurongo wa 4.Niba dushaka KUROKOKA kuli uwo Munsi,dushake imana cyane,twe kwibera mu byisi gusa.Ni Imana ubwayo ibidusaba muli Zefaniya 2,umurongo wa 3.Byaba byiza uhasomye