Print

Uganda: Umugore yakase igitsina cy’umugabo we amuhora gusinzira badateye akabariro

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 4 July 2019 Yasuwe: 3782

Uyu mugabo witwa Moses Okot w’imyaka 46 usanzwe ari umuhinzi yabwiye umunyamakuru wa Daily Monitor ko kuwa 30 Kamena uyu mwaka, uyu mugore wari wasinze cyane yamusanze mu rugo yiryamiye ahita amukata igitsina.

Yagize ati “Ubwo nari ngarutse mu rugo mvuye guhiga saa moya,nasanze umugore wanjye atari mu rugo.Umukobwa wanjye yarangaburiye ndangije njya kuryama.umugore yatashye saa yine yasinze asakuza cyane ngo mufungurire urugi.Nari nasinziye cyane.Nakangutse numva uburibwe ndetse imyenda yanjye y’imbere yuzuye amaraso.

Uyu mugore akimara gukora aya mahano yahise ahunga ubu polisi yamuburiye irengero.


Comments

gatare 5 July 2019

Abashakanye benshi ntabwo bakunda imibonano-mpuzabitsina.Cyanecyane abagore.Bakunda kuvuga ko bananiwe cyangwa barwaye kandi akenshi babeshya.Nyamara mui Imigani 5:5-15,Imana isaba abashakanye "kubikora".
Ndetse muli 1 Abakorinto 7:5,Imana ibasaba "kutimana".Ikibazo nuko benshi bacana inyuma.Ariko bage bamenya ko abasambanyi batazabona ubuzima bw’iteka muli paradizo.Kimwe n’abandi bose bakora ibyo Imana itubuza.
Bisobanura ko batazazuka ku munsi wa nyuma wegereje.