Aya makipe akomeye mu Rwanda yashyize ku rutonde abakinnyi bayo bashya ariko APR FC ntiyashyize ku rutonde Hakizimana Muhadjiri bivugwa ko agiye kurira indege imwerekeza muri leta Zunze Ubumwe z’Abarabu kuvugana n’ikipe ya Emirates Club.
Ku ruhande rwa Rayon Sports,umukinnyi witwa Irakoze Saidi watsinze ibitego 19 muri shampiyona ishize mu Burundi yatunguranye muri aba 20.
APR FC yamaze gushyira ku rutonde abakinnyi barimo Niyomugabo Jean Claude,Rwabuhihi Aime Placide,Nizeyimana Djuma bari bamaze iminsi bavugwa cyane mu bitangazamakuru.
Abakinnyi 20 Rayon Sports izakoresha:
Abanyezamu
01. Bikorimana Gerard
02. Kimenyi Yves
03. Mazimpaka André
Ba Myugariro
04. Iradukunda Eric
05. Ndizeye Samuel
06. Iragire Saidi
07. Rutanga Eric
08. Irambona Eric
09. Rugwiro Hervé
10. Habimana Hussein
Abakina Hagati
11. Nizeyimana Mirafa
12. Kakule Mughen
13. Nshimiyimana Imran
14. Okwi Commodore
15. Ciza Hussein
Ba Rutahizamu
16. Bizimana Yannick
17. Irakoze Saidi
18. Mugisha Gilbert
19. Jules Ulimwengu
20. Sekamana Maxime
Abakinnyi 20 APR FC izakoresha muri CECAFA
Abanyezamu
1. Rwabugiri Omar
2. Ntwari Fiacre
Ba Myugariro
3. Manzi Thierry
4. Mutsinzi Ange
5. Rwabuhihi Aime Placide
6. Niyigena Clement
7. Omborenga Fitina
8. Imanishimwe Emmanuel
9. Niyomugabo Jean Claude
Abo Hagati
10. Niyonzima Olivier Seif
11. Nkomezi Alex
12. Mushimiyimana Mohamed
13. Butera Andrew
14. Niyonzima Ally
15. Ishimwe Kevin
16. Manishimwe Djabel
Ba Rutahizamu
17. Sugira Ernest
18. Usengimana Dany
19. Byiringiro Lague
20. Nizeyimana Djuma
1.Rwabugori
2.Obolenga
3.Mangwende
4.Manzi
5.Ange
6.Sefu
7.Djuma
8.Ally
9.Danny
10.Djabel
11.Lague
MURI RAYON KO HATARIMO HAMZA