Print

Umugabo yapfuye nyuma yo kwirarira ku mugore mu irushanwa ryo gukora imibonano mpuzabitsina

Yanditwe na: Martin Munezero 8 July 2019 Yasuwe: 10436

Bivugwa ko nyakwigendera nyuma yo kwirarira ku mugore bagombaga gukorana imibonani, baterana impaka amwemeza uburyo yamara igihe kirekire ari kumurongora nta kunanirwa cyangwa ngo arangize mbere ye ku buryo aba bombi buri umwe yanze kuva ku izima ry’uko yarangiza mbere y’undi.

Mu kumvikana, Davy yashyizeho intego y’amanayira ibihumbi 50, amafaranga akoreshwa muri Nigeria asaga ibihumbi 126 by’amanyarwanda avuga ko Levoth namutsinda aribuhite yegukana ayo mafaranga.

Iyi nkuru ducyesha Pulse Ghana ikomeza ivuga ko irushanwa ryashyize cyera rigatangira ariko mu gihe umukino wari ugeze hagati, Davy yahise ananirwa ari gukora ituru ya gatandatu ariko Loveth we yari agifite imbaraga.

Kugeza kuri turu ya karindwi Davy yahise agwa igihumure niko guhita apfa ari hejuru ya Levoth.

Ubwo umukobwa yahise avuza inzogera atabaza abakozi bo muri Hotel baraza bamumuvanaho kuko yari yamwumiyeho,ubwo umurambo wajyanwe mu bitaro gukorerwa isuzuma naho umukobwa nawe atabwa muri yombi aho yajyanwe gufungirwa kuri sitasiyo ya polisi Ikatun.

Loveth bahise bamujyana ku rwego rushinzwe iperereza rwa SCIID Panti, ruri ahitwa Yaba, aho uyu mukobwa agomba gusobanura uko byagenze ibye na Davy.

Biteganyijwe ko nyuma yo gukorera isuzuma umurambo ngo bamenye icyo uwo mugabo yazize, aribwo Loveth izagirwa umwere cyangwa agakanirwa urumukwiye.


Comments

[email protected] 9 July 2019

Stani we uhemba nabi uraka puuuu