Print

Isimbi Noeline nyuma yo kujya gukina Filimi muri Tanzania bagashaka kumusambaya yongeye ashyira hanze andi mafoto agaragaza ubwambure bwe[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 10 July 2019 Yasuwe: 13787

Umunyarwandakazi Isimbi Noeline w’imyaka 20 y’amavuko wavugishije abantu ubwo yitabiraga irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda 2019 ,yongeye kuvugisha benshi kubera amafoto ye agaragaza ubwambure bwe yashyize hanze.

Ibi bibaye nyuma yuko uyu mukobwa agiye muri Tanzania aho yashakaga kwinjira mu kazi ko gukina sinema y’uruhererekane yitwa Mahaba gusa ngo byaje kwanga kubera ko ibyari akazi byaje guhindukamo kuryamana.

Mu mashusho Isimbi yasangije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga benshi bongeye gutungurwa n’amafoto yashyize hanze amugaragaza nta mwambaro numwe yambaye.

Mu bashyize ibitekerezo kuri iyi foto batangajwe n’uko yiyambitse bamwe bamwita umurwayi wo mu mutwe mu gihe abandi bamusabye ko ubutaha yashyira hanze amafoto ayo mafoto ibye byose biri ku karubanda.

Ubwo Isimbi yari akiri mu Rwanda akaganira n’itangazamakuru bamubajije impamvu asakaza amafoto ye hanze icyo gihe yabahishuriye ko kuba abikora aba yabitekerejeho ndetse yemeza ko nta muntu numwe ufite uburenganzira ku buzima bwe kuko ngo azi kwihitiramo ikibi n’icyiza ndetse yongeraho ko na cyera abantu batajyaga biyambika bikwije.


Comments

11 July 2019

Ariko RIB abantu sinzi uko tuyifata, ibyn’ibyomanzi n’ibitakaragasi byose ni ngombwa kuyimenyesha? Wagira pe!


olive 11 July 2019

Oooh u
uconyarwanda waracitsekoko ibyonugusebya abanyarwandakazi .


agaciro peace 11 July 2019

Harya ku mugani indaya nk’izi nta tegeko rizireba? RIB nitubwire.


fifi 11 July 2019

malade mentale.icyo akeneye si ugufungwa ahubwo ni ukuvuzwa!


sengesho 11 July 2019

On days ngo bashatse kuyisambanya iranga! Ntukifatire abantu. Uba wiyambitse ubusa atar’uko wishakira abagusambanya nyine. Icyo nakugiraho inama hindukira ukizwe uve muri ibyo ,kuko uwo mubiri umunsi waguhindutse uzicuza bitagishobotse.


Emmanuel 10 July 2019

Njya nibaza impamvu RIB irebera ibintu nk’ibi bikancanga. Ministeri Y’umuco ngo mutahe.