Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 19/7/2019 saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu wa Hagumakwiha John na Nyiramana Devotha iherereye mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagali ka Nyanza, Umudugudu wa Sabaganga kugira ngo harangizwe urubanza Goshen Finance Ltd yatsinzemo Hagumakwiha Jean.
Cyamunara ikazabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788760719/0788409723