Ibintu byakomeje gukurura impaka mu bakunzi baba baririmbyi bombi babarizwa mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bitewe ’namafoto yabo yazengurukaga ku mbuga nkoranyambaga bahuje urugwiro.
Tukaba wegereye umuramyi Patient Bizimana aduhishurira byinshi ku mubano we na Gaby Kamanzi ndetse nibindi bimwerekeyeho muri rusange birimo n’ubukwe bwe.
REBA IKIGANIRO TWAGIRANYE HASI
Uriya wasengeye umwana kumuhanda yagirango abyifashishe asaba abantu kumufasha gutera inkunga uriya mwana kugirango ubuzima bwe n’umuryango we buhinduke!Kandi mukuri byakoze akazi keza ubuzima bw’uriya muryango bwarahindutse kuburyo bugaragara!