Print

Hahishuwe amezi 3 abantu bayavutsemo bakunze kuramba ku myaka 100

Yanditwe na: Martin Munezero 13 July 2019 Yasuwe: 6921

Bamwe muri bo bavuze ko gukora siporo, kurya neza kwirinda ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge n’izindi mpamvu nk’izifasha umuntu kubaho igihe kirekire.

Kuri ibi rero nk’uko urubuga blowingfacts rwabitangaje k’ubushakashatsi buherutse gukorwa n’abahanga mu buzima buvuga ko abantu bavutse muri aya mezi akurikira.

Ubu bushakashatsi bwagize buti “ Abantu bavutse muri Nzeri, Ukwakira n’ugushyingo bashobora kubaho hejuru y’imyaka 100”

Ariko ku rundi ruhande iki kinyamakuru ntigitangaza impamvu aba bashakashatsi bavuze aya mezi atatu yonyine. Ntikivuga nyir’izina icyaba gitera ukutaramba kw’abantu bavuka mu yandi mezi icyenda asigaye.