Iyi mpanuka yabereye mu murenge wa Mayange mu karere ka Bugesera, ubwo uyu mwana w’umunyeshuli yavaga ku ishuli atashye imuhira ku isaha ya saa kumi n’iminota 37 z’umugoroba wo kuri uyu wambere tariki ya 15 Nyakanga 2019.
Abari ahabereye iyi mpanuka yahitanye uyu mwana,bavuze ko iyi modoka yari ifite umuvuduko ukabije ubwo yamugongaga ari kwambukiranya umuhanda.
Abaturage n’abashinzwe umutekano bahise bagera aho iyi mpanuka yabereye, ariko basanga umwana yashizemoumwuka.
Oyaaaa ibisibint p ubwox uwomwana kk niyahohotewe yallah umwakire mubawe abashoferi bagomba gihindura imyitearire kk bamaze kubijyira akamenyero
Birabaje cyane kuba uwomwana yahasize ubuzima? Imiryangoye yihangane