Print

Umuhanzikazi Nyarwanda Asinah yavugishije abantu kubera amafoto yashyize hanze agaragaza imiterere ye [AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 16 July 2019 Yasuwe: 19130

Kuri iki cyumweru taliki ya 14 Nyakanga 2019 , nibwo umuhanzikazi Asinah yavugishije abantu ubwo yashyiraga hanze amafoto agaragaza imiterere y’umubiri we aho yari yagiye kurya ubuzima ku kiyaga cya Kivu.

Aya mafoto agaragaza Asinah yambaye agakabutura gato kagaragaza umubyimba we ndetse n’agapira k’umweru kagaragaza imiterere y’amabere ye byatumye benshi banga kuripfana,aho abenshi bagiye bahuriza ku kuba ngo afite amazi menshi muri we,abandi nabo bagenda batangazwa n’imiterere ye.

Twabibutsa ko Asinah Erra ari umwe mu banyarwandakazi bakunze kugaragaza udushya mu myambarire ku mbuga nkoranyambaga.

REBA HASI BIMWE MU BITEKEREZO BITANDUKANYE ABANTU BAGIYE BATANGA KURI AYA MAFOTO:



Comments

mazina 18 July 2019

Ikibazo nuko akoresha Ubwiza bwe mu kwiyandarika mu bagabo.Akibagirwa ko bible ivuga ko "ubwiza ari ubusa".Twese dusiga ubwiza,tugasaza tugapfa.Imana idusaba gukoresha ubuto bwacu mu kuyishaka.Abumvira iyo nama,nubwo aribo bake,izabaha ubuzima bw’iteka muli paradizo.Kandi ibazure ku munsi w’imperuka.Ntacyo bimaze kwishimisha mu busambanyi,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka.Ni ukutagira ubwenge nyakuri (wisdom).Ntitugakeke ko ibyo bible ivuga ari ukubeshya.Bizaba nta kabuza.Imana ikorera kuli gahunda yayo.Ikibihamya yuko bizaba,nuko hari ubuhanuzi bwinshi bible yavuze kandi bwabaye.Twe guhera mu kwishimisha no gushaka ibyisi gusa,ahubwo dushake Imana cyane.


Hero 17 July 2019

Wagiye guhita uterivi sha?


Gatwa 16 July 2019

Assinah ateye neza pe... afite inyinya hagati y’amaguru... uyu we ararenze. araryoshye pe....