Print

Imibyinire y’umuhanzikazi wo muri Uganda ’Nwagi’ yabyinnye atsirita ikibuno cye ku bana b’abahungu b’abanyeshuli yateje impaka zidasanzwe

Yanditwe na: Martin Munezero 17 July 2019 Yasuwe: 5935

Muri iyi Video,abanyeshuli bake b’abahungu bahamagawe ku rubyiniro umuhanzikazi Nwagi n’ababyinnyi be b’abakobwa bari bariho,maze matangira kubabyinisha mu buryo budasanzwe babikubaho,Imibyinire yari yatangaje abandi banyeshuli bari aho.

Nubwo imyitwarire y’uyu muhanzikazi ku bana b’abanyeshuli itakiriwe neza mu baturage ba Uganda,gusa we nk’akazi avuga ko yageze ku ntego ye kuko yari yatumiwe kuri kiriya kigo kugira ngo abashimishe,ndetse akaba yakomeje agir’ati "Buri muhungu wese w’umunyeshuli udafite umukunzi akwiye umwana ’Bby’ byibura mu buryo bwose...mwindakarira ndananiwe..",akaba yatangaje ibi mu buryo bwo kwiregura.