Print

Reba amafoto y’ubukwe bwasekeje abantu mu mateka y’isi[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 18 July 2019 Yasuwe: 14038

Akenshi ariko hari ubukwe bumwe na bumwe usanga butangaje ndetse bukanandikwa mu bitabo by’amateka bitewe n’udukoryo twihariye twaburanze.

Hari igihe usanga abageni bo ubwabo aribo babigizemo uruhare kugirango hagaragaremo udushya tudasanzwe cyangwa se ugasanga abafotora akaba aribo bakoze utwo dushya bagafotora ibihe bisekeje.

Aya ni amwe mu mafoto agaragaza ubukwe bwasekeje abantu haba ku mbuga nkoranyambaga no mu bitabiriye ibyo birori.