Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 30/7/2019 saa cyenda z’amanywa (15h00) azagurisha muri cyamunara umutungo ugizwe n’inzu ya Murenzi Rukata Mark afatanyije na Ayebale ikaba iherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kinyinya, Akagali ka Gacuriro, umudugudu wa Urugarama kugira ngo hishyurwe umwenda afitiye Rudasingwa Laurent.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788836329