Nyuma yo gusura igihugu cya Uganda, Diamond Platnumz yavuze ko yagenze hirya no hino ku isi ariko abakobwa bo mu gihugu cya Uganda bamutwaye umutima ndetse iki gihugu aricyo gifite abakobwa b’uburanga kurusha ibindi ku isi.
Ubwo uyu muhanzi yari ku rubyiniro muri Uganda aho yari yatumiwe mu gitaramo cyari cyateguwe n’abanyarwenya, Diamond Platnumz yahamagaye abakobwa benshi bo muri Uganda ku rubyiniro abaha irushanwa ryo kuzunguza ikibuno babyina indirimbo ye “Kwangwaru” nibwo yahise atangaza ko Uganda aricyo gihugu gifite abakobwa beza kurusha ibindi ku isi.
Yagize ati “Abakobwa bo muri Uganda nibo beza kurusha abandi ku isi.Barusha kure cyane abo muri Kenya.”
Ajya ababaza ninkomoko zabo ahubwo iyo avugako arigihugu gifite abakobwa bimpunzi bavanze n’abagande benshi nari kubyumva naho is I dutuye igizwe nibihugu 194 sibazak byose yabikandagiyemo