Print

Diamond Platnumz yatangaje igihugu abona gifite abakobwa beza kurusha ibindi ku isi

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 31 July 2019 Yasuwe: 7637

Nyuma yo gusura igihugu cya Uganda, Diamond Platnumz yavuze ko yagenze hirya no hino ku isi ariko abakobwa bo mu gihugu cya Uganda bamutwaye umutima ndetse iki gihugu aricyo gifite abakobwa b’uburanga kurusha ibindi ku isi.

Ubwo uyu muhanzi yari ku rubyiniro muri Uganda aho yari yatumiwe mu gitaramo cyari cyateguwe n’abanyarwenya, Diamond Platnumz yahamagaye abakobwa benshi bo muri Uganda ku rubyiniro abaha irushanwa ryo kuzunguza ikibuno babyina indirimbo ye “Kwangwaru” nibwo yahise atangaza ko Uganda aricyo gihugu gifite abakobwa beza kurusha ibindi ku isi.

Yagize ati “Abakobwa bo muri Uganda nibo beza kurusha abandi ku isi.Barusha kure cyane abo muri Kenya.”


Comments

k 31 July 2019

Ajya ababaza ninkomoko zabo ahubwo iyo avugako arigihugu gifite abakobwa bimpunzi bavanze n’abagande benshi nari kubyumva naho is I dutuye igizwe nibihugu 194 sibazak byose yabikandagiyemo