Print

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu iri mu Karere ka Gasabo

Yanditwe na: Ubwanditsi 31 July 2019 Yasuwe: 314

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatatu taliki 06/8/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azasubukura icyamunara ku mutungo ugizwe n’inzu ya Murenzi Rukata Mark afatanyije na Ayebale ikaba iherereye mu Karere ka Gasabo, Umurenge wa Kinyinya, Akagali ka Gacuriro, umudugudu wa Urugarama kugira ngo hishyurwe umwenda afitiye Rudasingwa Laurent.

Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel: 0788836329