Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki 13/8/2019 guhera saa yine za mu gitondo (10h00) azagurisha muri cyamunara imigabane ya Kasongo Paluku Thierry igizwe n’ibikoresho binyuranye byo mu kabali ka Scandinavia kari mu mudugudu wa Kivumu, Akagali ka Kivumu, Umurenge wa Gisenyi, Akarere ka Rubavu kugira ngo hishyurwe neza Mathilde Rupia.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Sadiki Munyantarama watanze iri tangazo ariyo 0788437221.