Mu kwezi kwa gatatu k’uyu mwaka, ni bwo amakuru y’itwita rya Young Grace yageze ahagaragara, uyu muhanzi nawe ntiyabikahaka, ahubwo avuga ko Imana yahisemo kumuha umugisha w’umwana mbere yo kumuha umugisha w’urugo.
Uyu muhanzi yatangaje ko umwana atwite yitwa Diamante, ndetse ko se w’uyu mwana yitwa Rwabuhihi Hubert [Piqué], akaba ari umusore bamaze igihe bakundana.
Muri nzeri 2018, nibwo uyu mukunzi wa Young Grace ukina ruhago mu kiciro cya kabiri mu Rwanda, yambitse umukunzi we impeta y’urukundo amusaba ko yazamubera umugore.
ariko njye ndabona uyu mugore arwaye mumutwe kbsa ibi arikubyerekande?
icyo nakubwira nikimwe iyubahe,kugirango uzabashe kurera uwo mwana,
ubwose uzamutoza uwuhe muco?
Anataka sifa
Ariko c nubusirimu bwinshiii cg harimo nokutagira umuco
ababyeyi baragwira
mwagiye mwiha agaciro koko imintsi mike uraba wabaye umubyeyi mwiyubahe nukuri