Humble_Jizzo yavuze ko we n’umuryango we bari mu minsi ya nyuma y’ibiruhuko ndetse akaba yishimira cyane uko barimo kubisoza neza ariko barushaho kwegera umuryango bakagirana ibihe by’indashyikira
Humble_Jizzo kandi yemeza ko mu minsi micye we n’umugore we n’umwana wabo w’umukobwa basesekara i Kigali ndetse imishinga inyuranye ye n’iy’iyitsinda abarizwamo ikarushaho kugenda neza.