Print

Humble Jizzo kuri ubu uri kubarizwa muri Amerika we n’umuryango we n’abo kwa Sebukwe bagaragaye bari mu bihe byiza ku mazi

Yanditwe na: Martin Munezero 7 August 2019 Yasuwe: 4168

Humble_Jizzo yavuze ko we n’umuryango we bari mu minsi ya nyuma y’ibiruhuko ndetse akaba yishimira cyane uko barimo kubisoza neza ariko barushaho kwegera umuryango bakagirana ibihe by’indashyikira

Humble_Jizzo kandi yemeza ko mu minsi micye we n’umugore we n’umwana wabo w’umukobwa basesekara i Kigali ndetse imishinga inyuranye ye n’iy’iyitsinda abarizwamo ikarushaho kugenda neza.