Ikipe ya Gasogi United yaherukaga gushyiraho umutoza Guy BUKASA nk’umutoza mukuru wa Gasogi United, yamaze gutangaza ko yamaze gutandukana n’abatoza bari bamaze iminsi bakorana n’uyu mutoza nk’abungiriza be.
Aba batoza bombi bari bamaze iminsi bafatanya na Guy Bukasa gukoresha imyitozo
Nk’uko byatangajwe n’iyi kipe yamaze kuzamuka mu cyiciro cya mbere, kugeza ubu batoza ntibazakomezanya n’iyi kipe mu mwaka w’imikino 2019/2020, hakaba hategerejwe gushyirwaho abandi bazafatanya na Guy BUKASA