Print

Imyambarire ya Igisupusupu yaraye itunguye benshi[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 18 August 2019 Yasuwe: 9967

Muri iki gitaramo umuhanzi mukuru yari Diamond Platnumz ukomoka muri Tanzania aririmbye amasaha hafi 2 ataruhuka ariko anabyina.

Iyi myambarire ya Nsengiyumva yaraye itunguye benshi

Muri iki gitaramo abahanzi bose berekanye ko bashoboye n’abafana berekana ko babakunda, Umuhanzi Nsengiyumva Francois byagaragaye ko Arusha abafana benshi abahanzi bo mu Rwanda, Nsengiyumva yaririmbye Mari Jeanne, abantu bose bava mu byabo, yungamo Rwagitima biba akarusho.

Byagaragaraga ko Usibye Diamond Platnumz wanyeganyeje Sitade ya Remera ahazwe nka Parking, Nsengiyumva niwe wamuguye mu ntage ku bafana.



Abatari bake bishimiye bidasanzwe umusaza Nsengiyumva



Byageze aho Nsengiyuma akuramo Ikoti