Print

Umugabo ukina n’inzoka n’undi ukina n’impyisi bateye benshi ubwoba[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 19 August 2019 Yasuwe: 7011

Aka gace gakunda kubamo inyamaswa ziba zaratojwe kubana n’abantu aho usanga umuntu akina n’inyamaswa yinkazi ntacyo yikanga,umwe murabo yavuze ko na se yabikoraga ko ariho akura iyo mpano yo kubana n’inyamaswa zinkazi ntihagire icyo zimutwara .

Uyu mugabo bamwise Hyena Boy

usanga mu duce tumwe na tumwe twa nigeria hari abantu bafite inyamaswa z’inkazi mu rugo nkuko nandi matungo twita ayororwanayo aba ari murugo kandi igitangaje nuko usanga izo nyamaswa zibana n’izindi zisanzwe zororwa

Uyu we akina n’inzoka nzima bigatungura benshi

gusa bavuga ko nubwo batoza izo nyamaswa zikamera nk’izisazwe bituma nabo ubwabo babona inyungu kuko ngo hari abaza bakazigura bakazijyana iwabo ndetse ngo hari n’ababa bashaka kuzijyana mubirori bitandukanye uwitwa mohamed yatangaje ko ashobora kubona byibura guhera ku madorali 3000 kuzamura bitewe n’inyamaswa umuntu aje ashaka .


Comments

gatare 19 August 2019

Attention!! Hari benshi zica kandi bari bamaranye imyaka bakina nazo.Ntabo se mujya mwumva zishe?
Inyamaswa zikoreshwa na Instinct.Nta bwenge zigira.Ni nka kwa kundi IMBWA ikina na Shebuja ariko ikarya abandi.Gusa nk’Abakristu,tujye twibuka ko mu is nshya ivugwa henshi muli bible,abantu bazajya bakina n’Inyamaswa zose zitabarya.Byisomere muli Yesaya 11:6-8.Niba nawe ushaka kuzaba muli iyo paradizo iteka ryose,shaka Imana cyane,ubifatanye n’akazi gasanzwe.MERCI.