Print

Umuraperikazi Young Grace yibarutse imfura ye

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 24 August 2019 Yasuwe: 2755

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 24 Kanama 2019,nibwo amakuru yo kwibaruka kwa Young Grace yamenyekanye, ko yabyariye mu bitaro bya Gisenyi mu karere ka Rubavu aho ababyeyi be batuye.

Young Grace ni umwe mu bahanzikazi bamaze igihe mu muziki nyarwanda aho yamenyekanye mu ndirimbo nka Hip Hop game,ataha he,OG,Sweet Poupou n’izindi.

Uyu mwana Young Grace yamubyaranye na Rwabuhihi Hubert uzwi nka Pique uherutse gutangariza abanyamakuru ko batandukanye.


Comments

gatare 24 August 2019

Niyonkwe!! Ariko yibuke ko yakoze ibintu imana itubuza.Muribuka ko yishyiriye umuhungu akamutera inda yarangiza akamuta,yibeshya ko bari mu rukundo.Ntitukavuge ko kwishimisha mu busambanyi ari "kuba mu rukundo".Imana yaduhaye sex kugirango tuyihe umuntu umwe gusa tuzabana binyuze mu mategeko.Millions and millions z’abantu basambana,ntabwo bemera ko ari icyaha kizatuma babura ubuzima bw’iteka muli paradizo dutegereje ivugwa muli Petero wa 2,igice cya 3,umurongo wa 13.Ntacyo bimaze kwishimisha akanya gato,hanyuma ukazabura ubuzima bw’iteka muli Paradizo kandi ntuzazuke ku Munsi w’Imperuka.Nukugira ibitekerezo bigufi cyane.