Print

Zodwa wabantu yahaye uburenganzira abasore baramukorakora hose no mu myanya ye y’ibanga bibabaza abagore bagenzi be[AMAFOTO]

Yanditwe na: Martin Munezero 26 August 2019 Yasuwe: 13992

Uyu mukobwa yakoze ku mitima y’abagore bagenzi be, nyuma y’amashusho akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga agaragara abyina abasore bamukorakora ku kibuno no mu myanya ye y’ibanga, bavuga ko bidakwiye ku mwari nk’uyu umaze kugira izina rikomeye.

Uyu mukobwa yabyinaga yambaye nk’uko asanzwe yiyambika ariko asa nukenyeye agatambaro kumukara gatwikiye akenda k’imbere, urubyiruko rw’abasore bari bitabiriye iki gitaramo bagendaga bagakuraho bakamukorakora ku kibuno hose no mu myanya ye y’ibanga.

Bamwe mu babonye aya mashusho banenze cyane uyu mukobwa, bavuga ko imyitwarire ye ku rubyiniro atari myiza ndetse ko ntacyo imariye urubyiruko rukeneye gutera imbere.

Ni mugihe hakunze kumvikana amajwi amunenga kukuba akunda kwiyambika ubusa imbere y’imbaga, ariko we ibi ntabikozwa kuko avuga ko ari byo bimutunze.

Mu bagize icyo bavuga kuri aya mashusho, bamwe bavugaga ko abashinzwe umutekano mu bitaramo bakwiye guhagurukira ibikorwa nk’ibi kuko bigaragara ko abafana bahohoteye uyu mukobwa ubwo uyari ku rubyiniro.

Ubwo uyu mukobwa yakorakorwaga n’abasore, ntakintu nakimwe yigeze akora kigaragaza ko atabikeneye kuko we yarushagaho kubiyegereza kugira bamukoreho neza.


Comments

rafæl saidi 30 August 2019

Mubyukuri ibyo ntibikwiye kandi ukwitesha agaciro
Niyisubireho