Print

Itangazo rya cyamunara y’imitungo yimukanwa igizwe n’imashini zo kubaza ziri i Gahanga muri Kicukiro

Yanditwe na: Ubwanditsi 6 September 2019 Yasuwe: 109

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki 13/9/2019 guhera saa munani z’amanywa (14h00) azagurisha muri cyamunara imitungo yimukanwa igizwe n’imashini zo kubaza wa Mazimpaka Rongin iherereye mu Gakinjiro ka Gahanga, Akarere ka Kicukiro, Umurenge wa Gahanga, Akagali ka Nunga , umudugudu wa Kigarama kugira ngo harangizwe urubanza RCOM 00008/2018/TB/KICU rwaciwe n’urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro kuwa 12/10/2018.

Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igendanwa ya Me Musaniwabo Veneranda: 0788633365.