Print

Itangazo rya cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwo guhinga uherereye i Mayange mu Karere ka Bugesera

Yanditwe na: Ubwanditsi 11 September 2019 Yasuwe: 80

Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki 19/9/2019 saa cyenda n’igice z’amanywa (15h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’ubutaka bwagenewe guhingwa wa Nsabimana Jean de Dieu asangiye n’umugore we Mukantagaramba Phaine uherereye mu Karere ka Bugesera Umurenge wa Mayange, Akagali ka Gakamba, umudugudu wa Gacucu kugira ngo harangizwe urubanza Sacco Mayange yatsinzemo Nsabimana Jean de Dieu.

Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igedanwa ya Me Kagame K. Festo: 0788734008.