Print

Amerika yahagaritse imfashanyo yahaga igihugu cy’u Burundi

Yanditwe na: Martin Munezero 15 September 2019 Yasuwe: 1881

Mu rwandiko USAID yandikiye umunyamabanga mukuru w’umuryango w’Afurika y’Iburasirazuba EAC, Liberat Mpfumukeko, tariki ya mbere y’ukwezi kwwa karindwi uyu mwaka wa 2019, Ijwi ry’Amerika ryabonye kuri uyu wa gatatu, Amerika inenga Uburundi kuba buri ku rugero rwo hasi cyane ugereranije n’ibindi bihugu kw’isi mu kurwanya icuruzwa ry’abantu.

Amafaranga yagenewe iyo gahunda ntiyemerewe no gukoreshwa mu ngendo abakozi ba EAC bagira mu Burundi mu biganiro na Reta, ndetse n’abahanga b’Uburundi bajyanama ya EAC zibera mu Burundi no hanze yabwo.

Amesezerano yo muri iyi gahunda y’imyaka itanu , arimo gufasha mu guhanahana ibicuruzwaa, guteza imbere ibidukikije, ubuhinzi ndetse n’ubuzima mu bihugu bihurikiye muri uwo muryango.


Comments

Mugisha Bosco 16 September 2019

muraho neza!!imyandikire yikinyarwanda yanyu ntabwo inoze,inkuru zanyu hari izitumvikana rwose.murakoze


Mazina 15 September 2019

ibi america ibikoze nyuma yaho uburundi buguriye ibitwaro bikomeye kandi amahanga yarabuhagarikiye inkunga,abantu bose bibajije ahantu uburundi bukura $ barumirwa. ikindi