Print

Idini risenga umuhanzikazi Beyonce rikomeje kuyobokwa n’amamiliyoni y’abantu

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 20 September 2019 Yasuwe: 5053

Mu rusengero rwa Beyonce,umuhanzikazi Beyonce afatwa nk’ikigirwamana ndetse ngo amamiliyoni y’abantu akomeje asigaye amuramya amwita “Umubyeyi Bey” w’umucunguzi.

Nubwo uyu muhanzikazi wakoze indirimbo nyinshi nka Single Ladies,Halo,Upgrade,irreplaceable n’izindi ngo ntacyo yakora kuri uru rusengero n’abantu bamuramya,hari amashusho yamugaragaje yambaye imyend nk’iya Yesu ndetse biravugwa ko nawe yifata nk’imana.

Beyonce yifata nk’ikigirwamanakazi ndetse idini rye ngo ryitwa “Beyism” aho hasohotse bibiliya ye yitwa Beyble igamije kumusenga no kumusingiza.Iri dini ririmo kuyobokwa n’ibyamamare bikomeye,amamiliyoni y’abifuza kuba byo ndetse n’abantu benshi bakunda indirimbo ze cyane.”


Comments

Uwimana safari Jean 24 September 2019

Ntibitangaje kuko abiyita Kristo bazagwira. Ariko we nabayobokebe nibatihana bazarimbuka. Nd, Imana ifuha. "


Aime 20 September 2019

Abazamuyoboka bazarimbukana nawe!