Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa mbere taliki 04/10/2019 guhera saa sita z’amanywa (12h00) azagurisha muri cyamunara imitungo itimukanwa ya Uwizeye Edison iherereye Rwoga, mu Murenge wa Ruhango, Akarere ka Ruhango, kugira ngo hishyurwe umwenda Uwizeye Edson abereyemo Duterimbere IMF.
Cyamunara ikaba izabera aho umutungo uherereye. Niba ukeneye ibindi bisobanuro wasoma itangazo riri hano hasi cyangwa se ugahamagara kuri Tel igedanwa ya Me Bizimana Pricille: 0788523795.