Print

Mashami Vincent yivuguruje ahamagara Tuyisenge na Kagere mu bakinnyi azakoresha kuri Tanzania

Yanditwe na: Dusingizimana Remy 11 October 2019 Yasuwe: 2660

Mu minsi ishize nibwo FERWAFA yavuze ko umutoza Mashami yabasabye gukoresha abakinnyi bakina imbere mu gihugu [CHAN] muri uyu mukino wa gicuti na Tanzania uzaba kuwa Mbere saa kumi n’ebyiri,gusa yaje kwisubiraho ashyiramo Tuyisenge na Kagere Meddie bayoboye Amavubi mu busatirizi.

Mashami Vincent yagaruye mu ikipe y’igihugu abarimo Nshuti Dominique Savio,Kibengo Jimmy na Rugwiro Herve mu gihe umukinnyi wahamagawe bwa mbere ari Iyabivuze Osee wa Police FC.

U Rwanda ruzakina n’ikipe ya Ethiopia i Kigali ku wa gatandatu w’icyumweru gitaha, mu gihe Tanzania izaba iri Khartoom muri Sudan ishaka uko yakwishyura igitego 1-0 yatsindiwe muri Tanzania.

ABAKINNYI MASHAMI VINCENT YAHAMAGAYE: