Print

Minisiteri ya Siporo n’umuco yafunguriye imiryango abashaka kwinjira mu itorero ‘Urukerereza’

Yanditwe na: Martin Munezero 12 October 2019 Yasuwe: 1188

Abazemererwa kwinjira muri iri torero ni abafite impano mu kubyina, kuririmba, guhamiriza nk’intore no kwiyereka nka zo, gukaraza (Kuvuza ingoma), ndetse no gucuranga ibikoresho bya muzika birimo inanga, icyembe, umuduri n’umwirongi.

Bazabanza gukorera amarushanwa mu ntara zose n’umujyi wa Kigali.


Byinshi bijyanye n’aya marushanwa bikubiye muri iri tangazo ryashyizwe ahagaragara na Minispoc.


Comments

mugisha joshua 19 March 2022

Nange ndifuza kuyajyamo