Abazemererwa kwinjira muri iri torero ni abafite impano mu kubyina, kuririmba, guhamiriza nk’intore no kwiyereka nka zo, gukaraza (Kuvuza ingoma), ndetse no gucuranga ibikoresho bya muzika birimo inanga, icyembe, umuduri n’umwirongi.
Bazabanza gukorera amarushanwa mu ntara zose n’umujyi wa Kigali.
Byinshi bijyanye n’aya marushanwa bikubiye muri iri tangazo ryashyizwe ahagaragara na Minispoc.
Nange ndifuza kuyajyamo